02/04/2024
Nizere ko ibiri kuvugwa kuri uyu musore Kofi ataribyo kuko abaye yarashimuswe koko nk’abandi bose bagiye baburirwa irengero,kwa ba ari ugukomeza kwivuruguta mu isayo y’amahano kandi ngo ubibye aho ntavuze asarura izo ntavuze. Mwiraga abanyu imivumo,mugarukire Uwiteka naho ubundi kazi yako.
Erega n’ababuriwe irengero bagihumeka vakagaragajwe,abatabarutse nabo ababigizemo uruhare bakigorora n’imiryango yabo. Imana iti«murabikora nkabihorera,mukibwira ko…..ariko….»