RwandaChild

RwandaChild National Child Development Agency | NCD The Official Facebook Account of the National Child Development Agency in Rwanda

07/05/2026

Ikigo cyโ€™Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) cyatangaje ko gushora mu mikurire yโ€™umwana nta gihombo kirimo kuko ari inyungu ku muryango no ku gihugu, ariko gikebura ababyeyi batinda kubyitaho umwana akiri muto cyane kandi mu myaka yo hejuru bidatanga umusaruro.

Today in Kigali, the Minister of Gender and Family Promotion, Uwimana Consolee presided a three-day global technical fin...
06/05/2026

Today in Kigali, the Minister of Gender and Family Promotion, Uwimana Consolee presided a three-day global technical financing forum that aims at advancing sustainable financing for the early years, with a focus on health, nutrition, care, childcare, social protection, and early learning.

In her opening remarks, Minister Consolee emphasized the urgent need to increase investment in early childhood and to ensure the effective and efficient use of available resources to achieve maximum and sustainable impact for children.

Through presentation, expert-panel and deep discussions, participants from government representatives, influential leaders, investors, and development partners shared insights and expertise on strengthening investment in the early years.

Held under the theme โ€œ๐ˆ๐ง๐ฏ๐ž๐ฌ๐ญ๐ข๐ง๐  ๐ข๐ง ๐ญ๐ก๐ž ๐„๐š๐ซ๐ฅ๐ฒ ๐˜๐ž๐š๐ซ๐ฌ: ๐€ ๐†๐ฅ๐จ๐›๐š๐ฅ ๐“๐ž๐œ๐ก๐ง๐ข๐œ๐š๐ฅ ๐…๐ข๐ง๐š๐ง๐œ๐ข๐ง๐  ๐…๐จ๐ซ๐ฎ๐ฆ,โ€ the forum was organized and co-hosted by the Government of Rwanda, Early Childhood Development Action Network (ECDAN) and other partners.

Today in Kigali, the Minister of Gender and Family Promotion, Uwimana Consolee presided the opening of a three-day globa...
06/05/2026

Today in Kigali, the Minister of Gender and Family Promotion, Uwimana Consolee presided the opening of a three-day global technical financing forum that aims at advancing sustainable financing for the early years, with a focus on health, nutrition, care, childcare, social protection, and early learning.

In her opening remarks, Minister Consolee emphasized the urgent need to increase investment in early childhood and to ensure the effective and efficient use of available resources to achieve maximum and sustainable impact for children.

Through presentation, expert-panel and deep discussions, participants from government representatives, influential leaders, investors, and development partners shared insights and expertise on strengthening investment in the early years.

Held under the theme โ€œ๐ˆ๐ง๐ฏ๐ž๐ฌ๐ญ๐ข๐ง๐  ๐ข๐ง ๐ญ๐ก๐ž ๐„๐š๐ซ๐ฅ๐ฒ ๐˜๐ž๐š๐ซ๐ฌ: ๐€ ๐†๐ฅ๐จ๐›๐š๐ฅ ๐“๐ž๐œ๐ก๐ง๐ข๐œ๐š๐ฅ ๐…๐ข๐ง๐š๐ง๐œ๐ข๐ง๐  ๐…๐จ๐ซ๐ฎ๐ฆ,โ€ the forum was organized and co-hosted by the Government of Rwanda, Early Childhood Development Action Network (ECDAN) and other partners.

Investing in early childhood is a core development priority. At the   starting tomorrow in Kigali, experts and decision ...
05/05/2026

Investing in early childhood is a core development priority. At the starting tomorrow in Kigali, experts and decision makers are unpacking how to catalyze domestic financing and break down barriers to sustainable systems for children and caregivers.

Held under the theme โ€œ๐ˆ๐ง๐ฏ๐ž๐ฌ๐ญ๐ข๐ง๐  ๐ข๐ง ๐ญ๐ก๐ž ๐„๐š๐ซ๐ฅ๐ฒ ๐˜๐ž๐š๐ซ๐ฌ: ๐€ ๐†๐ฅ๐จ๐›๐š๐ฅ ๐“๐ž๐œ๐ก๐ง๐ข๐œ๐š๐ฅ ๐…๐ข๐ง๐š๐ง๐œ๐ข๐ง๐  ๐…๐จ๐ซ๐ฎ๐ฆ,โ€ this event convenes government representatives, influential leaders, investors, and development partners for a practical and systems-focused discussions on overcoming financing barriers and advancing innovative solutions to ensure children receive comprehensive and cross-sectoral services in their earliest years.

Join us to learn more: https://www.financingforum2026.com/

Co-hosted by the Government of Rwanda, UNICEF, UNESCO, and AfECN. A technical discussion on overcoming barriers to early childhood financing.

Abayobozi n'abakozi ba NCDA bifatanyije n'ab'izindi nzego zirimo Minisiteri n'Ibigo bikorera muri A&P Building mu gikorw...
28/04/2026

Abayobozi n'abakozi ba NCDA bifatanyije n'ab'izindi nzego zirimo Minisiteri n'Ibigo bikorera muri A&P Building mu gikorwa cyo cyabereye ku rwibutso rwa Jenoside yakorerwe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.

Mu kiganiro ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi, Ambasaderi Franรงois Ngarambe yasabye buri wese kwigisha abana n'urubyiruko mu buryo bukumira kandi burandura ingengabitekerezo ya jenoside, kwirinda urwango n'ivangura, bakazirikana kubaha uburenganzira n'ubuzima bwa buri wese.

Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Uwimana Consolee yavuze ko kwibuka ari umwanya mwiza wo gusubiza agaciro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi no gukomeza abayirokotse. Yongeyeho ko ari umwanya mwiza wo kongera gutekereza ku ngamba zo gukumira jenoside kugira ngo ntizongere kubaho ukundi.

https://www.youtube.com/watch?v=HNRkbN3ROxU
08/04/2026

https://www.youtube.com/watch?v=HNRkbN3ROxU

Highlights from National Retreat of over 410 young graduates supported under NCDA's โ€œTubarere Neza Projectโ€ implemented in partnership with Global Fund OVC P...

lkigo cy'Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA), cyifatanyije n'Abanyarwanda ndetse nโ€™Isi yose muri rusa...
07/04/2026

lkigo cy'Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA), cyifatanyije n'Abanyarwanda ndetse nโ€™Isi yose muri rusange kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Kwibuka twiyubaka.

๐Ÿšจ๐ˆ๐“๐€๐๐†๐€๐™๐Ž๐ŸšจIkigo cyโ€™Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiributsa abatuye Umujyi wa Kigali ko ku cyumw...
27/03/2026

๐Ÿšจ๐ˆ๐“๐€๐๐†๐€๐™๐Ž๐Ÿšจ

Ikigo cyโ€™Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiributsa abatuye Umujyi wa Kigali ko ku cyumweru tariki ya 29/03/2026, hateganyijwe amahugurwa yโ€™abakozi bo mu rugo barera abana.

๐‘ผ๐’Ž๐’˜๐’‚๐’๐’‚ ๐’˜๐’‚๐’๐’‹๐’š๐’†, ๐‘ฐ๐’”๐’‰๐’†๐’Ž๐’‚ ๐’“๐’š๐’‚๐’๐’‹๐’š๐’†!

NCDA mu kongerera ubushobozi urubyiruko yafashije kwiga binyuze mu mushinga โ€œTubarere Nezaโ€, ushyirwa mu bikorwa ku bufa...
21/03/2026

NCDA mu kongerera ubushobozi urubyiruko yafashije kwiga binyuze mu mushinga โ€œTubarere Nezaโ€, ushyirwa mu bikorwa ku bufatanye na Global Fund.

Ikigo cyโ€™Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) cyahurije mu mwiherero urubyiruko rusaga 410, iki kigo cyafashije kwiga binyuze mu mushinga โ€œTubarere Nezaโ€, ushyirwa mu bikorwa ku bufatanye na Global Fund. Insanganyamatsiko yโ€™uyu mwiherero igira iti โ€œEjo ni Njye.โ€

Uru rubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye nโ€™ayโ€™ubumenyingiro mu mwaka wโ€™amashuri wa 2023/2024 nโ€™uwa 2024/2025. NCDA yabateguriye uyu mwiherero ku bufatanye na Plan International Rwanda, mu rwego rwo kubafasha kwinjira neza mu buzima bwa nyuma yโ€™icyiciro cyโ€™amasomo basoje. Muri uyu mwiherero, abakozi nโ€™abayobozi bo mu nzego nโ€™ibigo bitandukanye bahaye uru rubyiruko ubumenyi bugamije kubafasha kwandika uwmirondoro (CV), kwitegura no kwitwara neza mu kiganiro cyโ€™akazi, kwihangira imirimo, kugira icyerecyezo nโ€™intego bihamye mu buzima, gukoresha neza imari no gukorana nโ€™ibigo byโ€™imari no guhangana nโ€™ihungabana rishobora guterwa nโ€™ibibazo byo mu buzima busanzwe.

Umuyobozi Mukuru wungirije wa NCDA, Gilbert Munyemana, yagaragaje ko uyu mwiherero wateguwe mu gihe cyiza mu buzima bwโ€™uru rubyiruko kuko ari igihe cyโ€™impinduka, aho basoje amashuri yisumbuye binjira mu buzima busanzwe, aho bashobora gukomeza kujya muri kaminuza cyangwa ku isoko ryโ€™umurimo.

Yagize ati โ€œIyo nta cyerekezo gihamye, intego cyangwa ubufasha buhamye buhari, abarangije icyiciro cyโ€™amashuri yisumbuye nโ€™ayโ€™ubumenyingiro bashobora guhura nโ€™ibibazo byโ€™ubushomeri, kutihaza mu bukungu, ndetse nโ€™ihungabana mu buzima bwo mu mutwe. Uyu mwiherero wateguwe kugira ngo ibyo byose biganirweho, kandi muhabwe ubumenyi bukwiye bubafasha kunyura neza muri iki gihe.โ€

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wโ€™Intara yโ€™Amajyaruguru, Ngendahimana Pascal, we yabibukije ko ibiganiro bahabwa ari ishoramari rikomeye mu buzima bwabo, abasaba kubikurikira neza no kubigiramo uruhare.

Umushinga โ€œTubarere Nezaโ€ watangiye mu 2009 kandi umaze gufasha abana basaga ibihumbi 51,100 kubona amahirwe yo kwiga, no gufasha imiryango yabo kwiyubaka binyuze mu bikorwa byโ€™iterambere. Ukorera mu turere umunani (8) two mu Ntara yโ€™Uburengerazuba nโ€™iyโ€™Amajyepfo.

Address

KG 7 Avenue 21
Kigali

Opening Hours

Monday 07:00 - 17:00
Tuesday 07:00 - 17:00
Wednesday 07:00 - 17:00
Thursday 07:00 - 17:00
Friday 07:00 - 17:00

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when RwandaChild posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Organization

Send a message to RwandaChild:

Share