Navio kki dabble le

Navio kki dabble le Umwanditsi w'inkuru nziza zihindura ubuzimwa bwa benshi. soma wunguke wige kandi ufashwe. https://www.newtalentsg.co.rw

18/05/2026

Umukinnyi mu byiteramakofe, uzwi nka Bruce lee umunyamakuru yigeze kumubaza ati: ese ni gute wowe ubona amahoro mu mutima wawe? Atuje aramusubiza ati:
“Amahoro yo mu mutima ntuyabona nk’ikintu cyihishe ushakisha. Uyihitiramo bitewe n’ibyo uhitamo kwirengagiza, ibyo ureka bikagenda, n’ibyo uhagarika guha imbaraga n’igihe cyawe. Iyo ukosoye uko wabibonaga, n'uko wabikoraga ubona ayo mahoro ushaka.”

Newtalentsg.co.rw

BEHIND THE LIFE S01 Ep 1Nitwa Eliab.Mfite imyaka 23. Ndi umuntu usanzwe ahari... cyangwa nibyo nibwira sinzi.Hari ibintu...
10/05/2026

BEHIND THE LIFE S01 Ep 1

Nitwa Eliab.

Mfite imyaka 23. Ndi umuntu usanzwe ahari... cyangwa nibyo nibwira sinzi.

Hari ibintu abantu badakunda kwemera iyo ubibabwiye. Nk’ukuntu rimwe na rimwe ushobora kubyuka ukumva ubu*ima bwawe butakiri ubwawe. Ukavuga, ugaseka, ugakora... ariko imbere ukumva hari undi muntu umeze nk’ugutegeka ibyo ukora. Nk’aho uri character muri game mbi yakozwe n’umuntu ufite ikibazo gikomeye cyo kwanga abantu. Kandi mvugishije ukuri, niba hari uwakoze iyi “game” duhoramo, yari afite imagination iteye ubwoba, byanga byakunda. Cyangwa se, yari yanyoye inzoga nyinshi yasinze.

Byatangiye ari ku wa kabiri nijoro.

Hari saa sita n’igice z’ijoro. Imvura yakubitaga amabati y’inzu yanjye nari ndayemo nk’aho hari umuntu ushaka kuyasatura ngo yinjire. Nari nkiri maso ndeba laptop yanjye. Nandikaga inkuru nkiri no kunywa ikawa y’akazuyazi yari yatakaje uburyohe cyera. Ubu*ima bw’umwanditsi ukennye, burababaje pe. Uryama saa munani z’ijoro wandika ubu*ima bw'abantu bapfa kandi nawe udafite amafaranga yo kugura matelas nziza, cyangwa ibyo kurya byiza. Ugahindukira ukandika ubu*ima bwabandi ubaseka.

Nari ndi kwandika interuro imwe, hanyuma laptop irazima.

Ntibyantunguye cyane kuko yari ishaje. Ariko ikibazo ni uko nta muriro wari wagiye aha bikaba aribyo byatumye izima kuko nari nayikoresheje cyane idacimetse.

Narebye ampoule yari ikiri kwaka.

Fan yari ikiri gukora.

Ariko laptop yo yazimye.

Muri ako kanya numvise ijwi.

Rituje cyane.

Ryegereye ugutwi kwanjye, ribwira riti:"

“Ntukandike ibyo utabwiwe.”

Nahise mpagarara.

Umutima watangiye gukubita nabi. Narebye inyuma. Nta waruhari muntu, nangira kwibaza ngo ninde ubwiye ibyo?

Nakinguye urugi rw’icyumba, nz...

Soma inkuru yose ukanze aha 👉 www.newtalentsg.co.rw/post/qT9kErtnlU2QzgweitUp

.Nitwa Eliab.Mfite imyaka 23. Ndi umuntu usanzwe ahari... cyangwa nibyo nibwira sinzi.Hari ibintu abantu badakunda kwemera iyo ubibabwiye. Nk’ukuntu rimwe na rimwe ushobora kubyuka ukumva ubu*ima bwaw

29/04/2026

ninde ushaka ko mbatamo inkuru yo gusoma?

16/04/2026

Buriya rero buri kintu cyose kigira igihe cyacyo, naburi muntu wese agira igihe cye,kandi buri muntu agira umwanya we.

13/04/2026

igitondo kiza🌹

28/03/2026

Igitondo kiza nshuti z'Imana.

24/03/2026

umugoroba mwiza

THE TRUE WITNESS Ep01Akarengane, ni kimwe mu kiza cyateye, uyu munsi runaka arafungwa nyuma yo guhamwa n'icyaha itegeko ...
22/03/2026

THE TRUE WITNESS Ep01

Akarengane, ni kimwe mu kiza cyateye, uyu munsi runaka arafungwa nyuma yo guhamwa n'icyaha itegeko rikagena igifungo kijyanye nibyo ashinjwa, rubanda ruti ararenganye. Ufatira umuntu mu ikosa wamuhana rubanda ruti ararenganye. Ariko ntibikureho ko uwo munyabyaha akora igihano ke. Ariko nanone ntibisiba mu nekerezo zabamwe batekereza ko yarenganye ko nubundi arengana. Ibi rata nibirimo urujijo?? Bundi se kuki umuntu arengana?? Byashoboka bite ko amategeko yo arenganya umuntu aho kumurenganura??? Iyi nkuru yiswe" THE TRUE WITNESS" cyangwa, " UMUTANGABUHAMYA ariko W'UKURI.
gusabye kudacikwa niyi Nkuru.
Mugutangira rero dutangiranye n'umwana muto w'umukobwa, mu kigero kimyaka nka 10 na 12 niko angana, arimo ararira cyane. Imbere ye hari imirambo( imibiri yabapfuye) ni umugore n'umugabo, amaraso ari gutemba hasi cyane, ntumbazi ngo n'iki cyabishe. Uko umwana yariraga, ni nako yahamagaraga mama na papa ubutaruhuka. Arinako abanyeganyeza wapi ntabwo bakoma.
Hanze gato yiyo nyubako uwo mwana arimo haparitse imidoka, ni imodoka yabashinzwe umutekano, police yari ihageze yihuta cyane izegurutsa kagatambaro kibara ry'umutuku n'umweru ahari bakoresha babuza abantu cyangwa ibinyabiziga kwinjira cyangwa kwegera aho.

Ni byatinze umusore n'umukobwa baregeranye batangira kuvugana.

Umukobwa ati:" afande, narebye hose, mbona ntakimenyetso cyerekana umwicanyi. Yewe nani ikimenyetso cyerekana ko iyi nzu yinjiyemo undi muntu kuko imiryango yose irafunze kandi ifungiye imbere. Cyakora numvise ijwi ry'umwana uririra imbere."

Umusore ati:" byashoboka bite se? Ziyo, wowe uko u*i uko abicanye bijijija wabwira gute ko ubuze icyakwerekana ko aha hageze undi muntu? Urabize , uyu mu...

Soma inkuru yose ukanze aha 👉

.Akarengane, ni kimwe mu kiza cyateye, uyu munsi runaka arafungwa nyuma yo guhamwa n'icyaha itegeko rikagena igifungo kijyanye nibyo ashinjwa, rubanda ruti ararenganye.  Ufatira umuntu mu ikosa w

22/03/2026

21/03/2026

Ijoro ryiza.

21/03/2026

Isabato nziza kuri mwese.

Address

Kigali

Website

http://www.newtalentsg.co.rw/

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Navio kki dabble le posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share

Category