29/05/2026
Turi mu karere ka , mu murenge wa .
Dukomeje kwegera abaturage, tubagaragariza uruhare amakuru baha abakarani bacu b’ibarura agira mu igenamigambi, ariko kandi tunabashishikariza kwitabira gahunda z'irangamimerere by’umwihariho kwandikisha uwapfuye kuko kugeza ubu hafi 1/2 cy’abapfuye batandikishwa mu irangamimerere.
Ibi bikaba bigira ingaruka ku igenamigambi rikorerwa Abanyarwanda.
🚨Serivise yo kwandikisha uwapfuye kuri ubu ishobora gutangwa n'umukuru w'umudugudu hifashishijwe telefoni.